News

Kawhi Leonard akinira ikipe ya Los Angeles Clippers akaba yaranegukanye irushanwa rya NBA inshuro 2, mu 2014 ari kumwe na San ...
Mu gitondo cyo ku wa Gatanu hatanzwe ibihembo byihariye aho ku nshuro ya mbere mu mateka y’Iserukamuco rya Giants of Africa, ...
Les réfugiés congolais du camp de Kigeme au sud du Rwanda et les habitants des environs se félicitent du vivre ensemble qui ...
Perezida Paul Kagame yari yongeye kugira Dr Ngirente Edouard, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, muri Guverinoma nshya ya ...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko inyubako z'umupaka uhuriweho wa Rusizi ya Kabiri, Rusizi II One Stop Border Post (OSBP) zamaze kuzura ndetse zatangiye gukoreshwa. Izi nyubako zitezweho gutanga ...
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungireh yakiriye Amb wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Hazza Mohammed Falah Kharsan AlQahtani wari uje kumusezeraho kubera ko ashoje ...
Ikigo Mpuzamahanga cya Banki y’Isi gishinzwe guteza imbere Abikorera (IFC) cyashyize ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda, impapuro mpeshamwenda zifite agaciro ka miliyoni 17$. Ni ubwa mbere IFC ...
Abarimu bakorera akazi kure y’imiryango yabo n’abayobozi b’Ibigo by’amashuri, basaba ko imyaka 3 yagenwe ngo bemererwe kwimurwa yagabanywa kuko bikomeje kuba intandaro y’isenyuka ry’imwe mu miryango.
Abanyeshuri basaga ibihumbi 220 bashoje amashuri abanza batangiye ibizamini bya leta bisoza umwaka w’amashuri 2024/2025, aba bakaba barimo abakobwa 120,635 ndetse n’abahungu 100,205. Muri aba ...
Umujyi wa Kigali watangaje ko abacuruzi baha ibisindisha abana batujuje imyaka y’ubukure, abakomeza guhata inzoga umuntu bigaragara ko yasinze cyane, utubari dukora tutujuje ibisabwa, abakorera ...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...